Ese ni byiza kugira amabanga udashobora no kubwira uwo mwashakanye?
Ese ni byiza kugira amabanga udashobora no kubwira uwo mwashakanye?
Muri buri mutima w’umuntu wese usanga habamo ibintu bitandukanye atajya asohora ngo abigeze hanze (amabanga), ku buryo n’uwo mwashakanye aba atazi ibikurimo. Akenshi usanga ibyo bintu ari ibikwibutsa, ibyo wicuza, intekerezo, umunezero n’ibindi.
Muri make ni ibintu byose biba biri mu byo twibaza ariko ukumva utabisohora kuko ushidikanya ku ngaruka byagira. Gusa ngo hari ubwo uba utanatekereza…
View On WordPress













