Trackslayer afatanyije na Touch Entertainment bashyize igorora abanyeshuri bifuza kuririmba
Touch Entertainment n’inzu itunganya umuziki(amajwi n’amashusho) yubatse izina hano mu gihugu cy’u Rwanda bitewe n’indirimbo zikomeye zahatunganyirijwe. Touch iri muri Studio za mbere zikomeye cyane hano mu Rwanda kandi ifite ibikoresho utapfa gusanga ahandi byaba ibikoreshwa mu gufata amashusho cyangwa amajwi(Audio na Video). Touch Entertainment ni imwe muri Studio zikomeye cyane mu Rwanda…
View On WordPress













