Amakosa yakozwe mu rubanza rw'umunyamakuru Cyuma Hassan ashobora kuba icyasha ku butabera
Amakosa yakozwe mu rubanza rw’umunyamakuru Cyuma Hassan ashobora kuba icyasha ku butabera
Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 17 Ugushyingo 2021, ubushinjacyaha bujuririye kimwe mu byaha bwari bwareze umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka nka Cyuma Hassan, nyamara icyo cyaha cyarakuwe mu mategeko mu Rwanda mu 2019, hakomeje kwibazwa ku bushobozi bw’umucamanza wamuburanishije kuri iki cyaha n’ingaruka bishobora kugira ku butabera bw’igihugu. Ku itariki ya 11 Ugushyingo…
View On WordPress










