HRW: U Rwanda rwakajije umurego mu guhashya abatavuga rumwe narwo
HRW: U Rwanda rwakajije umurego mu guhashya abatavuga rumwe narwo
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, uhagarariwe na Lewis Mudge, Umuyobozi w’uyu muryango mu karere ka Afurika yo hagati, uvuga ko Leta y’u Rwanda yakajije umurego mu guhashya buri muntu wese ujya impaka cyangwa uyinenga. HRW ivuga ko mu kutihanganira abatavugarumwe na Leta, u Rwanda rufunga abanenga politiki iriho mu gihugu. Uyu muryango uvuga ko uku gufunga kwakajije…
View On WordPress












